Kuwa gatatu 19 Ukwezi kwa Gatatu Matayo 16.13-20
Ikib. 1 Ariko mwebwe ubwanyu mugira ngo ndi nde? (15): Kubaza iki kibazo, Yesu yashakaga ko buri wese amusobanukirwa ku giti cye mu buryo bwihariye. Hari amakuru menshi avugwa kuri Yesu uyu munsi. Tumwumva mu Nsengero, mu bitangazamakuru, ku mihanda, mu ngo, n’ahandi. Ariko kumenya Yesu ku giti cyawe niko guhamya nyakuri. Kumenya Yesu ku […]