Kuwa cyumweru 16 Ukwezi kwa Gatatu Matayo 15.1-20
Ikib.1 Ni iki gituma abigishwa bawe bataziririza imigenzo y’abakera (2): Abafarisayo batsimbararaga cyane ku mihango n’amategeko ku buryo bagenzuraga buri kantu kose ko katanyuranya n’amategeko. Ibi byinjiraga muri buri gikorwa cyose n’imibereho y’ubuzima. Kubera kwinjiza amategeko mu buzima bwose, kwita ku mibanire ikwiriye n’Imana byabaga nk’ibitaye agaciro, bityo isura yo kuramya nyakuri no gushyira imbere […]